
Abakirisitu 84 basengera mu Badiventisiti b’umunsi wa Karindwi barwaye munda bajyanwa mu bitaro nyuma kunywa ku bushera buhumanye
Abaturage 84 bo mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza biganjemo abo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi, barwaye mu nda, abasaga 30