Ikintu cyambere kinezeza abakundana ni ugusomana dore ko ari naho bagaanirira mu marangamutima yabo imitima yabo igasuhererwa cyane , bakumva ko bakundanye.Muri uku gusuhererwa
Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Emeran Noam, yatangaje ko avuye muri Manchester United yishimiye ko agiye gukina Shampiyona y’abakuze kabone nubwo atigeze avuga ikipe