Agahebuzo wasanga muri Kigali VIP Massage bagukorera ‘Full Body Relaxing Massage’ kuri make

03/11/25 11:1 AM
1 min read

‘Kigali VIP Massage’ bakorera mu Mujyi wa Kigali , i Remera ahazwi nko kwa Rwahama. Aba bagukorera Massage izwi nka ‘Full Body Relaxing’, igirira umubiri akamaro gakomeye harimo kugabanya umujagararo w’umubiri, igafasha mu gutembera neza kw’amaraso , kugabanya uburibwe n’ibindi tugiye kurebera hamwe. Ushaka kumenya ibindi bisobanuro wabariza kuri numero 0795304934.

Ubusanzwe Full Body Relaxing Massage ibarizwa muri KIGALI VIP MASSAGE ho nyine, ifasha cyane ubuzima bw’umuntu kugenda neza ndetse ikaba ari ingenzi cyane mu buzima bwa muntu nk’uko byemezwa n’ibinyamakuru bitandukanye byandika ku nkuru z’ubuzima birimo; Betterhealth, mayoclinichealthsystem, Therapyhouse n’ibindi bitandukanye.

Therapyhouse, batangaza ko mu gihe waba ushaka kuruhuka bihagije ndetse no kugira ubuzima bwiza, wakwifashisha ‘FULL BODY RELAXING MASSAGE’, ibarizwa muri KIGALI VIP MASSAGE’ (0795304934).

Bakomeje bavuga ko iyo uri gukorerwa iyo massage (Full Body Relaxing Massage), ufashwa mu bice bitandukanye birimo ; Ijosi, umugongo, ibitugu, amaguru ndetse n’ibirenge’. Bagufasha kandi mu bindi bice birimo amaboko ndetse n’umutwe.

Mu gihe urimo gukorerwa iyi massage usabwa kuryama mu buryo butandukanye , kugira ngo ‘Therapist’ agufashe akoresheje amavuta mu buryo bwiza kandi bunyamwuga butarimo ku kubangamira.

NUJYA MURI ‘KIGALI VIP MASSAGE’ GUKORERWA IYO MASSAGE UZAFASHA UMUBIRI WAWE IBI BIKURIKIRA.

Icya mbere imitsi izakomeza gukora neza ndetse ibone ubuhumekero havemo ibizwi nka ‘Muscles Tension’ bituruka ku munaniro , umujagararo n’ibindi.

Ikindi kandi bizagufasha kugabanya uburibwe bw’umubiri wawe (Pain and Aches).

Iyi massage ifasha mu kugabanya imisemburo y’umujagararo ( Stress Hormones). Nuramuka ugiye muri Kigali VIP Massage (0795304934), bakagufasha uzaca ukubiri niyi minaniro ya hato na hato.

‘Full Body Relaxing Massage’ ifasha amaraso gutembera neza. Iyo ufashijwe neza gukora iyi massage, ubasha kuruhuka neza ndetse ukagira gutuza kuko amaraso aba atembera neza gusa ukagirwa inama yo kujya kwa muganga mu gihe ukomeza kubona amaraso yawe adatembera neza.

Byongera gusa neza k’uruhu rwawe. Muri rusange Kigali Vip Massage (0795304934), igufasha gusa neza binyuze muri iyo massage bagukorera bikozwe n’abahanga babyize.

Iyi massage igabanya umunaniro kuri wowe uyishaka ndetse ikagabanya na ‘Depression’.

URAMUTSE USHAKA GUKORERWA ‘FULL BODY RELAXING MASSAGE’ WANYARUKIRA MURI ‘KIGALI VIP MASSAGE’ (0795304934) , BAKAGUFASHA KINYAMWUGA.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Go toTop