Niba ufite uwo wihebeye ukaba uri mu Karere ka Rubavu , menya ko El Classico Beach Chez West yagushyize igorora, kuko yiyemeje kugufasha gukunda uwo wahisemo no kugufasha kumushimisha kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026. Ni umunsi witwa uw’abakundana bityo ushobora kubona amahirwe akomeye mu mutima we bitewe n’ibihe yagiriye kuri El Classico Beach Chez West.
Hari Pomosiyo imaneze kumenyekana cyane mu Rwanda nka ‘Tamira Ifi Munyarwanda’. Ni Poromosiyo ikundwa cyane n’ingeri zose kubera ko ifatwa nk’amhirwe yahawe akundana bahawe ndetse n’abasanzwe basohokera kuri El Classico Beach Chez West, Bar na Restaurant ya mbere mu Karere ka Rubavu iherereye ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu Murenge wa Nyamyumva hamwe n’icyambu gishya cya Rubavu n’Uruganda rwa Bralirwa.
Kuri Promotion ya Tamira Ifi mu Nyarwanda wishyura 8,000 RWF bakabategurira amafi 2 ari kumwe n’amafiriti yayo ateguye neza.
Uretse iyo Poromosiyo idasazwe kandi kuri El Classico Beach Chez West hazaba hari umuziki mwiza utangwa n’aba Djs batandukanye basanzwe bacurangira kuri El Classico Beach Chez West.
Kuri El Classico Beach Chez West hari andi mafunguro y’ubwoko bwose harimo ; Inkoko , ubugari n’isambaza, n’ibindi.
Hari ubwato bwiza cyane mwatemberano mukazarinda musaza mu kibyibuka.
Ushaka ibindi bisobanuro wanyura kuri Watsapp cyangwa ugahamagara kuri 0783256132.



