Mr Eazy yakeje ikipe ya Rayons Sports avuga ko ariyo ya mbere ku Isi [VIDEO]

October 3, 2025
1 min read

Umuhanzi wo muri Nigeria Mr Eazy yamamaje Rayons Sports avuga ko ariyo yamere ku Isi.

 

Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo Leg  Over yavuze ko ikipe ya Rayons Sports ariyo ya Mbere mu Rwanda , ashimangira ko ntayindi kipe iyiruta.Ubwo yafataga ijambo amaze guhabwa igihembo muri ibi bitaramo.

 

Yagize ati:”Icya mbere nshaka kuvuga , Rayons Sports , niyo kipe ya Mbete ku Isi.Icyakabiri ndashaka gushimirab cyane Trace Awards”.

 

Uyu muhanzi yarebye umukino Rayons Sports yakinnyemo na Sunrise FC ikayitsinda.Uyu muhanzi kandi yashimiye Leta y’u Rwanda kubera uburyo yafatanyije na Trace Awards kugira ngo ibi bihembo bibeho.

https://www.instagram.com/p/CyrUn2XNXVx/

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Zari Hassan n’umugabo we Shakib Lutaaya na Diamond Platnumz n’abana be yabyaranye na Zari bagiranye ibihe byiza

Next Story

Indirimbo ya Bruce Melodie na Shaggy imeze nk’iya Tom Close na Sean Kingston barababeshya ngo bakoranye

Latest from Uncategorized

Go toTop