APR FC yirukanye abakinnyi 10 icyarimwe itiza abandi 2

October 3, 2025
1 min read

Ikipe ya APR FC yatangarije abakinnyi 10 bayo ko batazakomezanya, abwira abandi 2 ko bo bazatizwa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo hatangajwe abakinnyi bazasohoka muri iyi kipe y’Ingabo nyuma yo gufata umwanzuro wo kugarura Abanyamahanga.Abayisohokamo batangarijwe mu inama yahuje abakinnyi, abatoza ndetse n’abakozi bayo.

Abirukanwe harimo; Mushikiyimana Djabel , Itangishaka Blaise , Rwabuhihi Placide , Ishimwe Fiston, Ndikumana Fabio, Nsanzimfura Keddy, Ndayishimiye Diedonne , Uwiduhaye Aboubakar, Nsengimana Irishad na Mugisha Bonheur.Abakinnyi batijwe ni Mugunga Yves na Ishimwe Anicet.

Iyi kipe ya APR FC yari imaze imyaka 12 ikinisha AbanyaRwanda gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Natangiye kujya mu mashusho y’indirimbo umuryango utabyemera ariko byarangiye bimbereye akazi ubu karantunze” ! Nyuma yo gutwara igikombe mu irushanwa ry’abakobwa beza bajya mu mashusho y’indirimbo yiniguye

Next Story

Menya impamvu abagabo bakunda gutera akabariro mu gitondo

Latest from Uncategorized

Go toTop