Dore ibihugu aho umugore yemerewe gushakwa n’abagabo barenze umwe cyangwa umugabo akaba yemerewe gushaka abagore barenze umwe

October 3, 2025
1 min read

Mu bice byinshi byisi gushyingiranwa ni uburyo umugore n’umugabo basezerana kubana bakazatandukanwa nu rupfu.

Ariko hari ibihugu bimwe na bimwe aho umugore yemerewe gushakwa n’abagabo barenze umwe cyangwa umugabo akaba yemerewe gushaka abagore barenze umwe.Tugiye kubabwira bimwe mu bihugu ku isi bikigira ibyo bintu;

Ubuhinde. Ubuhinde ni kimwe mu bihugu bikigira ibintu byo kuba umugabo yagira abagore benshi.Ariko ibyuko umugore yashakwa n’abagabo barenze umwe byo ntibihaba.

Kenya. Ikindi gihugu ni Kenya, bikaba byemewe mu bwoko bwa ba Masai baba hafi y’umusozi wa kirimanjaro. Aho umugabo yemerewe gushaka abagore barenze umwe.

Nepal. Muri iki gihugu cya Nepal nacyi ibintu byo gushaka abagore barenze umwe naho birahaba.

Mali. Naho umugabo aba yemerewe gushaka abagore barenze umwe, umugabo aba ayobora ama famu naho umugore akayobora ubutaka.

Ethiopia. Hano ho aho ibyo gushak abagore barenze umwe bikorwa cyane nabo mu idini rya Islam.Byinshi muri ibi bihugu impamvu ituma ibi bintu bikorwa ngo ni uburyo bwiza bwo gutuma ubutunzi bwabo buhora bifite ireme hagati y’imuryango yabo.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Natangiye kujya mu mashusho y’indirimbo umuryango utabyemera ariko byarangiye bimbereye akazi ubu karantunze” ! Nyuma yo gutwara igikombe mu irushanwa ry’abakobwa beza bajya mu mashusho y’indirimbo yiniguye

Next Story

Menya impamvu abagabo bakunda gutera akabariro mu gitondo

Latest from Uncategorized

Go toTop