Bikomeje gushengura imitima ya benshi ! Aho kwita ku mugore we utwite inda y’imvutsi yagiye kwisambanira n’abandi bagore

October 3, 2025
1 min read

Umugore witwa Tina yasize imitima ya benshi yuzura agahinda nyuma Yuko avuze ukuntu umugabo we yamuciye inyuma kandi aziko atwite inda y’imvutsi y’amezi 8.

Mu butumwa yanditse Yagize ati” umugabo wanjye yaryamanye nundi mugore mu buriri bwacu kandi njye ntwite inda y’amezi 8. Umugabo tumaranye imyaka 10 dukundana.Barenzaho bakorera amabi yabo mu buriri ababyeyi banjye batuguriye.

 

Uwo mugabo ntacyo ubu avuze imbere yanjye. Niyo mpamvu ubu nta mugabo mfite. Sinakongera kumufata nk’umugabo ukundi ntibyakunda.Ikintu kibabaje muri ibi bintu nuko uyu mugabo waciye inyuma uyu mugore, ngo umugore we yari umwizerwa kuri we ndetse ntakintu na kimwe kibi yaba yarigeze agerageza ku mukorera akaba atumva neza impamvu umugabo we yamukora ibintu nkibyo.

 

Abantu benshi ntibabyumva ukuntu kuguca inyuma biryana, ibaze nawe gukunda umuntu n’umutima wawe wose ugasanga Ari gukora urukundo nundi utari wowe, biba bisa nkaho agukoze ikintu kitazigera kikuva mu mutima wawe.

Uyu mugore akimara gushira hanze ibyo Abantu benshi bakomeje kwibaza icyateye uyu mugabo guca umugore we inyuma kandi abizi ko umugore we inda Ari imvutsi.Kubera iki bigora abantu gukunda umuntu umwe!? Niba wumva uwo muri kumwe atakikunyura aho kumuca inyuma wamubwira ko utakimwiyumvamo ukajya gushaka undi uguha ibyishimo.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Nagize ihungabana rikabije ubwo umukobwa nari narihebeye yanyanga nkarwara indege” ! Ngoga James yavuze ko abakobwa ari abagome bikabije

Next Story

“Yatwaye igikombe bamuhamagaye aburirwa irengero” ! Ange Da Baby ukunzwe na benshi yakoze agashya katazibagirana mu gitaramo yatwayemo igikombe

Latest from Uncategorized

Go toTop