Janelle Monáe yasohoye ibere rye aryereka abafana bari mu gitaramo bose bagwa mu kantu

October 3, 2025
1 min read

Umuhanzi ufite inkomoko muri Amerika Janelle Manáe ubwo yari mu Iserukiramuco ari kuririmba yatunguranye ubwo yerekanaga ibere rye ryose..

Iri Serukiramuco rizwi nka  “The 2023 Essence Festival’’ ryaberaga muri Leta ya New Orleans muri Amerika ryabaye mu mpera z’icyumweru gishize , uyu muhanzi yagiye kurubyiniro yambaye agakabutura gato ndetse ubwo umuziki wari urimbanije yazamuye igice kimwe cy’isutiye yari yambaye maze yerekana ibere ryari ripfutse imoko gusa.

 

N’ubwo abikoze gutya si ubwambere imbere y’abafana ndetse yagiye atangaza ko yishimiye igice cye cy’amabere ye

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Mfite Tattoo 800 kumubiri wanjye ariko bituma abantu banyanga bakambuza no kujya mu birori bya Noheli” ! Umugore wishyize ho Tattoo yatangaje ko ababazwa n’abatamwumva

Next Story

Umuntu ushyira amafoto y’ubwambure bwe kukarubanda ashobora kujya afungwa imyaka 3 n‘ihazabu y’amafaranga ibihumbi 300RWF ariko itarenze ibihumbi 500 RWF

Latest from Uncategorized

Go toTop