Byashoboka ko waba utuye mu Karere ka Bugesera cyangwa ahandi mu Rwanda no hanze yarwo , ukaba ufite inzozi zo gutunga ikibanza cyawe. Muri iyi nkuru tugiye ku kurangira ibibanza byiza wagura ku mafaranga make.
Ni ibibanza biherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ngeruka ahazwi nko ku Bitaro bya Ngeruka. Ni ukuva kuri Kaburimbo ukagenda Metero 80 gusa.
Ibyo bibanza biri kugura amafaranga y’u Rwanda agera kuri 3,000,000 Rwf kuri buri kibanza kimwe.
Ushaka ibindi bisobanuro hamagara cyangwa ukandikira watsapp Numero : 0788285845



