Menya ibyo NESA igenderaho kugira ngo umwana yemererwe guhindurirwa ikigo yahawe

October 3, 2025
1 min read

Nyuma yo gutangazwa kw’amanota ababyeyi bashobora guhitamo guhindura ibigo abana babo bahawe kubera impamvu runaka.Nyuma yo gusaba guhindurirwa rero habamo gutegereza umwanzuro wa NESA.Ese ni iki bagenderaho ?

 

 

UMUNYESHURI WEMEREWE GUHINDURIRWA IKIGO NI UWAGARAGAJE BYIBURA IMWE MU MPAMVU ZIKURIKIRA.

 

Impamvu ya mbere; Ni ukuba afite ubumuga (Bugaragarira amaso cyangwa bwemejwe na muganga).

 

 

Kuba afite indwara idakira afitiye ibyangombwa byo kwa muganga.

 

Kuba yifuza kwimuka ava mu ishuri ricumbikira abanyeshuri ajya mu ishuri yigamo ataha.

 

 

Izindi mpamvu NESA yakwemeza ko zifite ishingiro.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Ads

Previous Story

Umwana wanjye si igipupe, umugore yahaye gasopo abantu bakomeje kugereranya umwana we n’igipupe

Next Story

Dore ibintu ukwiye gukora mu gihe umukunzi wawe akomeje kukugaragriza ko atakwitayeho nk’uko yabikoraga mbere

Latest from Uncategorized

Go toTop