Kigali: Imodoka yahiye irakongoka

October 3, 2025
1 min read

Ni impanuka yabaye mu buryo butunguranye abantu benshi baratangara.

Mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali imodoka yagendaga mu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ababibonye batangaje ko iyi modoka yo mu bwoko bwa “Minibus” yari igeze imbere ya Glory Hotel hafi y’isoko rya Nyarugenge.
Aba bakomeje bavuga ko iyi modoka igeze muri aka gace yatangira gushya abarimo bakizwa n’amaguru.Ntabwo icyateye iyi modoka gukongoka kiramenyekana gusa nta muntu n’umwe wahiriyemo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Ads

Previous Story

Miss Mutesi Jolly abwiye urubyiruko ibintu bikomeye #kwibuka twiyubaka

Next Story

Kumva ushonje cyane ni ikimenyetso cy’indwara nyinshi zikomeye ! Menya impamvu yabyo

Latest from Uncategorized

Go toTop